ECOLE PRIMAIRE SAINTE - MUGINA
AMAZINA:_____________________________________
ITARIKI: ……./02/2025.
UMWAKA WA GATANDATU
Isuzumabumenyi ry’Ikinyarwanda igihembwe cya kabiri.
IKINYARWANDA P6
IGICE CYA MBERE: UMWANDIKO N’IMITERERE Y’URURIMI.
Umwandiko: Kurwanya isuri.
Karega na Karera bazi neza ko imbaraga z’amazi ari zo zitera isuri.
Bazi kandi ko har iisuri ica imikuku n’itera inkangu.
Basabye mwarimu wabo kubasobanurira uko barwanya isuri, cyane
cyane itwara ubutaka bwo hejuru. Mwarimu arababwira ati “ngiye
kubabaza ibibazo bibiri, hanyuma dushakire hamwe uburyo bwo
kurwanya isuri. “Ni ikigiha amazi imbaraga? Ubutaka bushoborwa
cyane n’isuri buba bumeze bute?”
Karera aramusubiza, ati “amazi agira imbaraga iyo atemba vuba;
ahacuramye ahitana byose, ahategamye ahasiga ibyo yamanuye,
agata imbaraga zose yari afite.” Mwarimu aramusubiza, ati: “ikibazo
cyambere ugishubije neza cyane: kurwanya isuri ni ukubuza amazi
gutemba yiruka cyane.”
Mwarimu arongera, ati “ninde wasubiza ikibazo cya kabiri?” Karega
arasubiza,ati “ibirinda ubutaka isuri ni ibihingwa n’ibyatsi
bibutwikira. Iyo ubutaka buhinze butarabona ibihingwa bibutwikira,
ntacyaburwanaho,imvura itwara igitaka cyinshi.”
Noneho mwarimu abasobanurira uburyo bwo kubuza amazi kwiruka
cyane: imyobo bacukura kumisozi itangira amazi ikayabuza kwiruka
cyane. Imiringoti n’ibyatsi bihagarika amazi, bikayambura igitaka
yari atwaye. Ku materasi ubutaka buba bushashe, amazi ntatemba
ngo atware igitaka. Iyo ubutaka buhinze neza, amazi abucengeramo
ntatembe. Ubutaka burimo imborera ituruka ku ifumbire bunywa
amazi menshi. Amazi ntahatemba cyane. Murabona ko hari uburyo
bwinshi bwo guhagarika amazi.
Karega arabaza, ati “muvuze ko ubutaka buhinze neza bwinjirwamo
n’amazi bukayabuza gutemba, nyamara mbere bari bavuze ko ubwo
butaka ntacyo bufite kiburwanaho.”
Page 1 of 10
Mwarimu arasubiza, ati “ikibazo cyawe ni cyiza cyane. Akenshi
igikorwa kimwe kigira ibyizan’ibibi, niyo mpamvu igikorwa kimwe
kidahagije. Ubutaka buhinze neza mu murima udaciyeho imyobo,
ntuterweho ibyatsi, buzatarwa n’isuri. Ni ngombwa kwita kubintu
byinshi. Ahacuramye cyane ntibahahinga, bahatera ishyamba,
ahadacuramye cyane baharekera urwuri cyangwa bakahatera
ibihingwa bitwikira ubutaka.”
I.KUMVA UMWANDIKO./14
1.Ni bande bavugwa muri uyu mwandiko? Baraganira kuki?
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
2. Abavugwa mur iuyu mwandiko barifuza kumenya iki?
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
3. Andika amoko abiri y’isuri avugwa muri uyu mwandiko.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
4. Mu buryo bwokurwanya isuri buvugwa mu mwandiko andikamo bubiri
bukoreshwa cyane mu Rwanda kandi bufite ingufu kurusha ubundi.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………
5. Guhinga neza ubutaka birahagije kugira ngo turwanye isuri? Sobanura.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
6. Mu Rwanda uburyo bugezweho bwo kurwanya isuri ku misozi ihanamye ni
ubuhe?
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
7. Ahantu hacuramye cyane hagenerwa iki? Ahadacuramye ho se hagenerwa
iki?
Page 2 of 10
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
II. INYUNGURAMAGAMBO.
8. Uzurisha buri nteruro ijambo uhisemo muri aya akurikira:/7
Urwuri, imikuku, inkangu, imiringoti, amatarasi, imborera,
icuramye.
a.Nibyiza gufumbiza ………………………………… kugira ngo amazi afate mu
butaka.
b. Amazi atemba afite imbaraga aca …………………………… ndetse hari
n’igihe atera ……………………. Ku misozi.
c. Gucukura ………………………………. Ntutereho ibyatsi ntabwo biba bihagije.
d. Umushumba yajyanye inka mu …………………………………. akerewe.
e. Guca ………………………………………… mu mirima birwanya isuri.
f. Imisozi………………………………………itwarwa n’isuri.
9. Andika imbusane z’amagambo akurikira:(5)
-Hejuru≠………………………………………… -
Kubuza≠………………………………………………………
-Kugenda≠………………………………………..
Kwambura≠………………………………………………..
-Vuba≠……………………………………………..
10. Andika impuzanyito z’amagambo akurikira:(2)
-Imbaraga:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………
-Abucengeramo:
………………………………………………………………………………………………………
…………………
11. Andika imigani itatu yerekana ingaruka z’umwana mubi.(3)
a.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
Page 3 of 10
b.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
c.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
12. Subiza ibisakuzo. /5
a. Navutse mpinnye urutoki:
…………………………………………………………………………………………………
b. Aka kayira kasiba twashira:
……………………………………………………………………………………………
c. Rukara rw’imiringa yicariye abagabo batatu:
……………………………………………………………
d. Inka yanjye nyikama igenda:
……………………………………………………………………
e. Inka yange nyikama
iryamye…………………………………………………………………
13. Sobanura inshoberamahanga zikurikira./5
a. Gutera isekuro
…………………………………………………………………………………………………….
b. Kuvuna umuntu amaguru :
…………………………………………………………………………………………………
c. Kuvoma hafi
………………………………………………………………………………………………………
…
d. gukubita impyisi inkoni
………………………………………………………………………………………………………
e. kurara nze.
………………………………………………………………………………………………………
……………….
14. uzuza imigani y’imigenurano ikurikira./5
a. inkanda………………………………………………. Imisuzi.
b. ijoro rimwe …………………………………….. imbyeyi.
Page 4 of 10
c. uwambuwe n’uwo azi
…………………………………………………………………………………..
d. uwanga amazimwe
……………………………………………………………………………………..
e. igikenya ……………………………………………………… ihoni.
15. Kayitesi avukana na Kayinamura. Kayinamura yabyaye mugisha na
Kamarizanaho Kayitesi abyara Muhire na Nyiramwiza. /9
Subiza uzuza interuro zikurira ukoresheja amasano yo mu muryango.
a. Kayitesi ni ………………………………………… wa Kayinamura.
b. Mugisha na Kamarizani ………………………………………….. ba Kayitesi.
c. Muhire na nyiramiza ni ………………………………………………. Ba
Kayinamura.
d. Umugabo wa Kayitesi ni ………………………………………………….. wa
Kayinamura.
e. Kayitesi ni ……………………………………………………………………..wa
kamariza.
f. Umwana Kamariza azabyara azaba ari ………………………………………..
wa Kayinamura.
g. Umugore wa Muhire azaba ari
…………………………………………………………..wa Kayitesi.
h. Kayinamura ni ……………………………………………………….. wa
Nyiramwiza.
i. Nyiramwiza ni wa ……………………………………………………. Kamariza.
IV. Ikibonezamvugo.
Vuga ubwoko bw’amazina aciyeho akarongo.
16. Karega na nyirasenge ntibakunda imisozi, ariko abenshi bo
barayikunda./3
Karega:
………………………………………………………………………………………………………
…………………………………
Nyirasenge:
………………………………………………………………………………………………………
…………………………
Abenshi:
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
Page 5 of 10
17. Andika ntera ziri mu gika cya nyuma cy’umwandiko./5
..........................................................................................................................
..................................
18. Vuga ubwoko bw’amagambo aciyeho akarongo./3
a) Abana bacu bazatsinda bose.
Bacu: ………………………………………………………. Bose:
………………………………………………………
b) Ni uko amashyi ngo kacikaci.
Kacikaci:
………………………………………………………………………………………………………
………………………
19. Andika imimaro y’amagambo aciyeho akarongo. /3
Amazi acengera mu butaka.
Amazi:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………
Acengera:
………………………………………………………………………………………………………
…………………………
Butaka:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………
20. Andika inteko z’amagambo aciyeho akarongo. /4
a. Amazi agira imbaraga iyo atemba vuba.
Amazi:……………………………………………………… imbaraga:
……………………………………………………
b. Kurwanya isuri ni ukubuza amazi gutemba yiruka cyane.
Isuri:…………………………………………………………. Gutemba:
…………………………………………………
21. Tondagura inshinga iri mu dukubo mu ndango yemeza n’indango ihakana
mu ndagihe./2
Umubyeyi(kumesa) imyenda.
………………………………………………………………………………………………………
Page 6 of 10
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………………………………………………………
22. Tondagura inshinga iri mu dukubo mu bihe bikuru by’inshinga./3
Umutoni (kwasa) inkwi.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………
23. Sanisha iyi nteruro mu nteko ya 13 n’iya 8.
“Abana bakunda amata."/2
Nt.13:
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………
Nt.8:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………….
24. Garagaza uturemajambo tw’amazina n’amategeko y’igenamajwi
yubahirijwe. /10
a. Ibyatsi:
………………………………………………………………………………………………………
…………………………
b. Urugi:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………
c. Inzabya:
………………………………………………………………………………………………………
…………………………
d. Imbaraga:
………………………………………………………………………………………………………
………………………
e. Menshi:
………………………………………………………………………………………………………
……………………………
Page 7 of 10
VI. Imyandikire
26.Andika neza interuro zanditse nabi.
a. I wacu nta we ugenda nijoro satatu
………………………………………………………………………………………………………
…………………
b. njye nzajya ikabwayi kuwa mbere.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
c. yaguye avunika akaboko.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………..
d. na mwe mwese murabikunda nkatwe twese.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………
e. kigari ni umurwa mukuru w’urwanda.
………………………………………………………………………………………………………
…………………………………………..
27. Andika izina rimwe ribonekamo buri gihekane. /2
a. “nty”:
………………………………………………………………………………………………………
………………………………..
b. “mpw”:
………………………………………………………………………………………………………
……………………………
28. Andika amazina y’utu twatuzo : /4
a. <<>>:
………………………………………………………………………………………………………
……………………………
Page 8 of 10
b. ; :
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………
c. ! :
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………
d. … :
………………………………………………………………………………………………………
…………………………………….
29. Andika neza izinteruro./9
a. Umwami w’u Rwanda yapfuye ahasaga mu w’1930.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………
b. Umwana wamushiki we abaza ingoma.
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………
c. Kagoyire yatangiye gusya mu gicuku ibuye yaseragaho rirameneka.
………………………………………………………………………………………………………
…………………………………………
d. Amata aranshitse ndayamena ariko n’ubundi nagombaga kuyamena kuko
yari yanduye.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………..
Nimusanga bamaze gukama babahe ku mata y’abashumba.
………………………………………………………………………………………………………
………………………………………………………………………………………………………
……………………………………………………………………………………………….
IGICE CYA KABIRI: IHIMBAMWANDIKO.
30.Karuhije yabuze ibyangombwa bye. Tanga itangazo ribirangisha./5
Page 9 of 10
31. Kora imbata y’ibaruway’ubutegetsi./5
Page 10 of 10